Iyi si WhatsApp Channel by pr Hakizimana Maurice
Iyi si WhatsApp Channel by pr Hakizimana Maurice
February 11, 2025 at 10:26 PM
Iyi si || Raporo y’umwaka wa Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Leta zunze ubumwe z’Amerika ku bikorwa by’uburenganzira bwa kiremwa-muntu ivuga ibikorwa bya kinyamaswa n’ubugizi bwa nabi ngo bwakozwe n’inyeshyamba za M23 zishyigikiwe n’u Rwanda. (Uko nyine) Raporo itanga ingero z’ihohoterwa n’ubwicanyi byakorewe kandi bigikorerwa abasivili, ikavuga ku bitero simusiga aho umutwe wa M23 wiciye abantu bakuru n’abana, ibintu Leta zunze ubumwe za Amerika zibona ko byerekana ihohoterwa rikabije ry’uburenganzira bw’ikiremwamuntu! Iyi ntambara yashojwe n’umutwe wa M23 ushyigikiwe muri byose n’u Rwanda ishobora guhungabanya umutekano muri Afurika yo hagati, ibintu bishobora ingaruka ku nyungu z’Amerika mu karere, harimo ubufatanye mu by’umutekano n’ishoramari mu bukungu. Ku bijyanye n'akamaro k'ubutunzi bw'amabuye y'agaciro ya Kongo DRC, bufite akamaro kanini ku isoko mpuzamahanga, harimo n'ikoranabuhanga ndetse n’ibikoresho bya gisirikare. Ihungabana rituruka ku mitwe ishyigikiwe n’u Rwanda mu Karere uruge

Comments