City of Kigali
City of Kigali
May 23, 2025 at 08:35 PM
#kwibuka31: Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel yihanganishije imiryango ifite ababo bakoreraga iyahoze ari Perefegitura y’Umujyi wa Kigali bazize Jenoside yakorewe Abatutsi, abasaba gukomera. Yagarutse ku kamaro ko kwibuka agira ati: "Kwibuka ni umwanya twunamira, tukazirikana abacu bazize Jenoside, kandi tukababwira ko ikivi bari baratangiye turi kucyusa. Ni umwanya wo kubwira imiryango yabo ko turi kumwe. Twongere tubahamirize ko nk’Ubuyobozi bw’Umujyi tuzakomeza kubaba hafi kugira ngo ubuzima bwanyu bukomeze kuba bwiza. Natwe ku ruhande rwacu nk’abayobozi n’abakozi b’Umujyi, tuzirikane ko imyanzuro dufata ishobora kugira ingaruka ziremeye". Twibuke twiyubaka.
Image from City of Kigali: <a class="text-blue-500 hover:underline cursor-pointer" href="/hashtag...
👍 🙏 ❤️ 8

Comments