B&B Kigali 89.7 FM
B&B Kigali 89.7 FM
June 18, 2025 at 01:35 PM
#bnbnews Umuyobozi w'ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, yihanangirije Perezida wa USA, Donald Trump, aho yamubwiye ko azirengera ingaruka mu gihe igisirikari cya Amerika cyakwivanga mu ntambara Iran ihanganyemo na Israel. Uyu muyobozi yabitangarije kuri Televisiyo y'igihugu kuri uyu wa Gatatu aho yavuze ko Iran itazigera imanika amaboko muri iyi ntambara.
Image from B&B Kigali 89.7 FM: <a class="text-blue-500 hover:underline cursor-pointer" href="/hashtag...

Comments