
Tedros Info
2.1K subscribers
Verified ChannelAbout Tedros Info
Instant updates directly on your phone! Join our Tedroslnfo WhatsApp Channel now to stay ahead with upcoming activities,the latest news, and exclusive content. Mises ร jour instantanรฉes directement sur votre tรฉlรฉphoneย ! Rejoignez dรจs maintenant notre chaรฎne WhatsApp Tedroslnfo pour rester informรฉ des activitรฉs ร venir, des derniรจres nouvelles et du contenu exclusif.
Similar Channels
Swipe to see more
Posts

๐จRwanda FDA iramenyesha abantu bose ko ihagaritse itumizwa, ikwirakwizwa nโikoreshwa ryโimiti yose yโibinini yitwa RELIEF, kugeza igihe hazafatirwa ikindi cyemezo. โโโโโโโโโโโโโ ๐จRwanda FDA informs the public of the immediate suspension of the importation, distribution and use of all RELIEF Tablets until further notice.


๐จ๐๐๐๐๐๐๐ ๐๐๐๐๐๐๐จ Indege ya Air India yari itwaye abantu 242 yakoze impanuka kuri uyu wa Kane, nyuma yโiminota mike ihagurutse ku kibuga mpuzamahanga cyโindege cya Ahmedabad mu Buhinde. Bigaragara ko iyi ndege yahiye irakongoka, gusa imibare yโabapfuye cyangwa abakomeretse ntiratangazwa. Cc: IGIHE #TedrosInfo


*_Uburyo bworoshye ushobora gutahura indwara zโumutima zica bucece_* Umuganga wโindembe wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Dr Joe Whittington, yavuze ko hari ikizamini umuntu ashobora kwikorera cyamufasha kumenya niba afite ibyago byo kurwara indwara yo kwangirika kwโimitsi yโamaraso iva ku mutima(aortic aneurysm). Uyu muganga abinyujije ku rubuga rwa Tiktok, yavuze ko iki kizamini cyitwa โthumb-palm testโ, ushobora kucyikorera ufashe ikiganza cyawe ukagerageza guhina igikumwe uganisha aho ikiganza kirangirira. Asobanura ko iyo igikumwe kigera ku mpera zโikiganza cyawe haba hari ibyago byinshi byo kuba ufite uburwayi bwa aortic aneurysm. Yagize ati โNiba igikumwe cyawe kirenga ikiganza cyawe, bivuze ko imitsi yawe(Connective tissues) ikweduka cyane, bivuze ko nโimitsi iva ku mutima yawe ari uko bimeze ndetse hari ibyago byinshi ko ishobora kubyimba.โ โ ๏ธ *Iyi nkuru yose wayisanga ku* โก๏ธ Igihe.com #TedrosInfo


*_REKA TUVUGE KURI MALARIA_* Malaria: Indwara Isuzugurwa Ariko Ikica Abantu Benshi mu Rwanda no muri Afurika. ............. Malaria ni indwara iterwa na parasite yitwa Plasmodium, ikwirakwizwa nโumubu wโingore wo mu bwoko bwa Anopheles urumana nijoro. Iyo uwo mubu ukurumye ugutera iyo parasite mu maraso, bigatuma utangira kugaragaza ibimenyetso bya malaria. Nubwo iyi ndwara ishobora kwirindwa no kuvurwa neza iyo hafashwe ingamba ku gihe, guhitana abantu benshi โ cyane cyane ku mugabane wa Afurika โ ariko ikibabaje kurushaho ni uko igisuzugurwa nโabaturage. Ese wowe ugira uruhare mukurwanya indwara ya Malaria Aho utuye? Irinde Malaria: ๐Siba ibinogo by'amazi aretse hafi y'urugo rwawe cg se ku muturanyi wawe. ๐Temura ibihuru bikikije urugo rwawe.... ๐ Ryama munzitiramibu ikoranye umuti buri munsi... ๐Ibuka gukinga amadirishya ndetse n'inzugi mu masaha y'umugoroba guhera saa (18h00). ๐Igihe wagaragaweho n'ibimenyetso bya Malaria ihutire Kwa muganga.... โ ๏ธ๐ฆ TWIBUKE YUKO MALARIA YICA ABARENGA 1M.. KU MWAKA


*_Uburyo bworoshye ushobora gutahura indwara zโumutima zica bucece_* Umuganga wโindembe wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Dr Joe Whittington, yavuze ko hari ikizamini umuntu ashobora kwikorera cyamufasha kumenya niba afite ibyago byo kurwara indwara yo kwangirika kwโimitsi yโamaraso iva ku mutima(aortic aneurysm). Uyu muganga abinyujije ku rubuga rwa Tiktok, yavuze ko iki kizamini cyitwa โthumb-palm testโ, ushobora kucyikorera ufashe ikiganza cyawe ukagerageza guhina igikumwe uganisha aho ikiganza kirangirira. Asobanura ko iyo igikumwe kigera ku mpera zโikiganza cyawe haba hari ibyago byinshi byo kuba ufite uburwayi bwa aortic aneurysm. Yagize ati โNiba igikumwe cyawe kirenga ikiganza cyawe, bivuze ko imitsi yawe(Connective tissues) ikweduka cyane, bivuze ko nโimitsi iva ku mutima yawe ari uko bimeze ndetse hari ibyago byinshi ko ishobora kubyimba.โ โ ๏ธ *Iyi nkuru yose wayisanga ku* โก๏ธ Igihe.com #TedrosInfo


ITEGANYAGIHE Ku wa 12 Kamena 2025 hagati ya saa 18:00 na 00:00 nta mvura iteganyijwe mu turere twose twโIgihugu. Hateganyijwe umuyaga uringaniye ufite umuvuduko uri hagati ya 3m/s - 6m/s. ..................... WEATHER FORECAST On June 12, 2025 between 18:00 and 00:00, no rain is expected in all regions of the country. Moderate winds are expected with speeds between 3m/s - 6m/s. Cc: RBA #TedrosInfo


๐จ๐๐๐๐๐๐๐ ๐๐๐๐๐๐๐๐๐จ Minisitiri wโImari nโIgenamigambi, Yussuf Murangwa, yatangaje ko ubukungu bwโu Rwanda buzazamuka ku kigero cya 7,1% mu 2025, mu gihe mu 2026 buzagera kuri 7,5%, 7,4% mu 2027 na 7% mu 2028. Cc: IGIHE #TedrosInfo


*๐_Sports Updates_๐* Ikipe ya APR BBC ihagarariye u Rwanda mu mikino ya nyuma yโIrushanwa rya Basketball Africa League (BAL 2025) yatsinzwe na Al Ahli Tripoli yo muri Libya amanota 84-71, inanirwa kugera ku mukino wa nyuma. #TedrosInfo
