
Tedros Info
June 16, 2025 at 06:14 PM
_Imaze gushinga amashami arindwi mu Rwanda: Action College mu kwimakaza ubukungu bushingiye ku bumenyi_
Ishuri ryigisha amategeko y’umuhanda, indimi, ’imyuga n’ubumenyigiro, Action College rikomeje gufasha u Rwanda kwimakaza ubukungu bushingiye ku bumenyi, binyuze mu kwegereza Abaturarwanda serivisi itanga, aho imaze gushinga amashami arindwi arimo irya Musanze, Rubavu na Kayonza.
Umuyobozi Mukuru Wungirije wa Action College, Ingabire Cynthia, yagaragaje ko iri shuri rikomeje gushyira imbaraga mu gutanga ubumenyi ku bayigana mu rwego rwo kubafasha mu iterambere ryabo, by’umwihariko rikabafasha mu kwihangira imirimo.
Yashimangiye ko iki kigo kiri kurushaho kwegereza abakigana serivisi zabo binyuze mu kwagura amashami hirya no hino, aho ubu cyamaze gufungura amashami mu ntara harimo Musanze, Rubavu na Kayonza.
Soma inkuru yose 👇
https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/imaze-gushinga-amashami-arindwi-mu-rwanda-action-college-mu-kwimakaza-ubukungu

✊
👍
🙏
3